in

The Ben arusha Miss Pamella imyaka irenga cumi n’ibiri y’amavuko! Menya bimwe mu bintu biteye amatsiko benshi batari bazi kuri The Ben na Pamella bagiye kurushinga

The Ben arusha Miss Pamella imyaka irenga cumi n’ibiri y’amavuko! Menya bimwe mu bintu biteye amatsiko benshi batari bazi kuri The Ben na Pamella bagiye kurushinga.

Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye cyane ku izina rya The Ben yavutse mu mwaka 1987 akaba agiye kurushinga na Miss Uwicyeza Pamella wavutse muri 2000 bisobanuye neza ko amurusha imyaka 13 y’amavuko, ubukwe bwaba bombi buraba uyu munsi tariki 15 Ukuboza 2023 aho byitezwe ko buritabirwa n’ibyamamare bikomeye cyane hano mu Rwanda no muri Afurika.

Dore bimwe mu bintu by’ingenzi ukwiye kumenya kuri The Ben na Pamella bagiye kubana akaramata:

Source: InyaRwanda

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle yagabiye Muhire Kevin na Cyuzuzo Delphine basezeranye kubana nk’umugabo n’umugore

Umuhanzi ukomeye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yaguye ku rubyiniro ahita ashira mo umwuka gusa icyari kibyihishe inyuma cyaje kuvumburwa