in

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle yagabiye Muhire Kevin na Cyuzuzo Delphine basezeranye kubana nk’umugabo n’umugore

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yagabiye inka Muhire Kevin na Cyuzuzo Delphine bateye intambwe yo kubana nk’umugabo n’umugore mu buryo bwemewe n’amategeko.

Kuri uyu Kane tariki 14 Ukuboza 2023, nibwo Muhire Kevin yasezeranye mu mategeko na Cyuzuzo Delphine mu muhango wabereye mu Murenge wa Kimisagara kuri uyu wa Kane.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Muri Uefa Europe League: Liverpool yatsizwe n’ikipe ikinamo umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi

The Ben arusha Miss Pamella imyaka irenga cumi n’ibiri y’amavuko! Menya bimwe mu bintu biteye amatsiko benshi batari bazi kuri The Ben na Pamella bagiye kurushinga