in

Tayali Bruce Melodie vuba agiye kongera gutaramira abagande

Itahiwacu Bruce wamamaye mu izina rya Bruce Melodie agiye gutaramira abagande mu gitaramo gikomeye cyane cya Eddy Kenzo.

Mu gitaramo cya Edd Kenzo usanzwe ufitanyemo ubucuti na Bruce Melodie hazagaragaramo abahanzi batandukanye mur’abo harimo n’umunyarwanda Bruce Melodie.

Bruce Melodie usanzwe ufitanye indirimbo na Eddy Kenzo bise”Nyoola” abinyunyijije kuri rwe rwa Instagram yasakarije abakunzi ko azitabira igitaramo cya Eddy Kenzo kizaba tariki 12 Ugushyingo 2022.

Bruce Melodie yamenyekanye mu ndirimbo nyinshi zitandukanye zirimo,Ndakwanga,Tubivemo,Saa moya yaririmbaga ubwo yasangizaga abakunzi be ko azitabira igitaramo cya Eddy Kenzo n’izindi.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel Messi mu ihurizo rikomeye hibazwa niba ariwe utahiwe gutwara igikombe k’isi nyuma yo kugaragara ko PSG itera ishaba

Producer ayoo Rush yatangaje ibiciro bihanitse azajya yishyuza ku ndirimbo 1 gusa,Amafaranga akubye ayo element akorera