in

Producer ayoo Rush yatangaje ibiciro bihanitse azajya yishyuza ku ndirimbo 1 gusa,Amafaranga akubye ayo element akorera

Producer Ayo Rash agiye gutangira kwishyuza miliyoni kuri buri ndirimbo azajya akora.

Umuhanga mugutunganya amajwi y’indirimbo Rash uri no mu bahagaze neza muri muzika nyarwanda, yatangaje ko guhera umwaka utaha wa 2023.

Uyu mu producer azatangira gukorera amafaranga angana 1000$ kuri buri ndirimbo amafaranga angana na miliyoni yamanyarwanda.

Ibi akaba yabitangaje abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram.

Ibi abivuze nyuma y’uko hari amakuru avuga ko Element umaze kuba kimenyabose yaba yishyuza ibihumbi 500 frw [500$] ku ndirimbo imwe.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tayali Bruce Melodie vuba agiye kongera gutaramira abagande

Ayoo Rush igiciro azajya yaka abahanzi bashaka ko abakorera indirimbo cyavugishije byinshi