in

Stade Amahoro irimo kuvugurwa yatangiye gushyirwamo ubwatsi bw’ubukorano bugezweho mvaburayi – AMAFOTO 

Mu mafoto yageze hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki 20 Ukuboza 2023, agaragaza imiterere ya Stade Amahoro iri kubakwa ku vuba, kuri ubu hatangiye gushyirwamo ubwatsi bw’ubukorano bugezweho mvaburayi.

Imirimo yo kwagura iyi stade izarangira muri Mata 2024 itwaye akayabo ka miliyari 160 Frw ikazajya yakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza.

Ubu bwatsi bw’ubukorano buje bukurikira intebe na zo ziri gushyirwamo, hakaba hategerejwe no gutunganya umwanya wo gukoreramo siporo yo gusiganwa ku maguru izaba izengurutse ikibuga.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ariko nkiri si iyicarubozo ku bana bacu: Bamwe mu babyeyi bari kuvuga ko abana biga bacumbika mu bigo bari guhohoterwa n’ibigo bigaho muri iki gihe cyo gutaha

RIP Afisa! Nyanza habereye ubwicanyi ku mukobwa warukirangiza kwiga kaminuza wasanzwe ku muhanda yambaye ubusa yapfuye