in

Stade AMAHORO imirimo yo kuyubaka irimo kugera ku musozo vuba iratangira gukoreshwa [Amafoto]

Stade AMAHORO i Remera, imirimo yo kuyubaka irimo kugera ku musozo nyuma y’imyaka irenga 3 itangiye kuvugururwa.

Imirimo yo kubaka Stade AMAHORO ijya gutangira abahawe imirimo yo kuyubaka, abanya-Turukia batangaje ko bizagera mu mwaka wa 2024 yarangiye ariko iyo urebye aho imirimo igeze ubona ko ntagihe kigera ku meze 6 ifite itaratahwa kumugaragaro.

Mu mafoto YEGOB twafashe ubwo twajyaga gusura ndetse no kureba aho imirimo igeze ya Stade, twabujijwe kwinjira ariko tubwirwa ko imbere muri stade naho hatangiye gushyirwamo intebe zo kwicaramo, naho inyuma ubona ko batangiye gushyiraho ibyuma byo gusakariraho ndetse no gushyiraho imigongo kuri Stade birimo kugenda neza.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Genda Rayon ntawutazakwiba! Rutahizamu mushya wa Rayon Sports yavuze ko afite imyaka 20 igihugu cyose cyirakangarana kuko yatangiye gukina nk’uwabigize umwuga muri 2009

Colo Boy wigaruriye umuziki w’Amajyepfo y’u Rwanda yasohoye indirimbo nshya