in

Sosiyete ya Apple ikomeje urugamba rwo kugura Manchester united akayabo kama Miliyari, dore uko deaal ihagaze kuri ubu

Sosiyete ya Apple ikomeje urugamba rwo kugura Manchester united akayabo kama Miliyari, dore uko deaal ihagaze kuri ubu.

Mu ntangiriro ziki cyumweru, abakire ba Manchester United batangaje amakuru ko iyi kipe iri kugurishwa.

Nk’uko byatangajwe na Daily Star, isosiyete ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga nini ku isi, Apple, ishobora kuba ishishikajwe no kugura iyi kipe miliyali 5.8 z’amadorali.

Isosiyete ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga ikorera muri Californiya ntabwo yigeze itunga ikipe ikomeye y’umupira w’amaguru, ariko kuva Man Utd yarashyizwe ku isoko Apple ivuga ko arikintu cyambere mubyifuzo byabo.

Umuyobozi mukuru wa sosiyete ya Apple Tim Cook akomeje kwerekana ko ashishikajwe no gufata inshingano kandi zikomeye muri Old Trafford.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
protegene
protegene
1 year ago

cha byaba ari byiza peuh
kd byananshimisha

Umutoza Cassa Mbungo wa AS Kigali ntabwo yemeranya n’abavuga ko Rayon Sports ikomeye kubera impamvu itangaje, yanahishuye amakipe ayirusha gukomera

Gasabo: Umusore yakubiswe umikoropesho kugeza yitabye Imana bituma abaturanyi be barya karungu bashaka nyiri umikoropesho