in

Sezerera iminkanyari y’imburagihe, ibiheri n’inkovu ku mubiri wawe, ukoresheje imiti ikozwe mu bimera karemano 

N’ubwo abenshi bakunze kwifashisha amavuta n’imiti bitandukanye ngo bivure ibiheri n’inkovu ndetse n’ibindi bibazo by’uruhu, ntabwo babura gukurikirwa n’izindi ngaruka, nyamara hari umuti w’umwimerere wifashishije mu kuvura izi ndwara zose z’uruhu.

Ku bantu bafite ibi bibazo, mwatugana muri Ange Saloon Spa tubafitiye amavuta agabanya iminkanyaro, arinda izuba, akuraho amasununu mumaso udusununu dutocyane mumaso nomwizosi wadukuzayoho, aya ma oil.

Aya mavuta akoranye n’ama Vitamine atuma uruhu rugira itoto

Aya mavuta n’amavitamines, akuraho iminkanyari, amabara k’uruhu, arinda izuba nibindi, yose akozwe mu bimera karemano iva mu bihugu nk’u Buhinde, u Bushinwa na Dubai.

Aya mavuta akozwe mu bimera karemano, avura iminkanyari, ibiheri n’inkovu. Uyashaka hamagara cyangwa utwandikire kuri whatsapp 0788 538 135

Mutugane aho dukorera mu isoko rya Nyarugenge mu muryango GF 45, hafi na Urwego Bank. Ku bindi bisobanuro waduhamagara kuri nimero: 0781904532, cyangwa ukatwandikira kuri whatsapp nimero 0788538135.

 

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yageze i Kigali! Umuvugizi wa Rayon Sports, Robben NGABO yagiye kwakira ku kibuga cy’indege i Kanombe umutoza mushya waje muri Gikundiro – AMAFOTO

King James ni we mbarutso ya byose