in

Sadio Mané yahishuye impamvu yifuza gutandukana na Liverpool

Sadio Mané ni umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Liverpool ndetse akaba yaranafashije Liverpool kwegukana ibikombe bibiri batwaye uyu mwaka w’imikino ndetse akaba ari no mubahabwa amahirwe yo kwegukana igihembo cya Ballon d’or.

Uyu mukinnyi nyuma y’uko badatwaye champions league batsindiwe kuri finale na real Madrid, yahise atangaza ko atazakomezanya n’iyi kipe ndetse ubu Bayern Munich niyo iri imbere mu guhatanira uyu musore.

Nkuko tubikesha sky sports, Sadio Mane yatangaje ko impamvu ashaka kuva muri Liverpool iyi mpeshyi ari uko abanya Senegal bangana na 70% bamusabye kuva muri Liverpool.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuzamu w’Amavubi Kwizera Olivier yageze i Kigali arabyina karahava (Videwo)

Ubujura bwabaye kuri Miss Josiane bwatangiye kujya ahagaragara.