in

Rutahizamu Leander Willy Essombe Onana watsinze ibitego byinshi muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda umwaka ushije ubu yahawe nimero nk’iya Cristiano Ronaldo muri Simba Sc

Rutahizamu Leander Willy Essombe Onana ukomoka muri Cameroon, nyuma yo kuva muri Rayon Sports agasiga ahize abandi mu gutsinda ibitego byinshi muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda umwaka ushije, ubu yagiriwe ikizere na Simba Sc.

Kuri Simba Day, Essomba Willy Léandre Onana yahawe nimero 7 azajya yambara mu mugongo nk’iya Cristiano Ronaldo muri Simba SC yo muri Tanzaniya

Uyu rutahizamu yatsinze ibitego 16 muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ya 2022-2023.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Amenetse agatuza”: Kanyombya yakubise umukozi w’Imana yenda kumusandaza agatuza abantu barumirwa

Aranze arakabafatanye: Umuhanzikazi Bwiza yerekanye ubwiza bwe arusha bagenzi be maze ahundagazwaho ibintu bibonwa n’umugabo bigasiba undi -AMAFOTO