in

Rutahizamu APR FC irimo kugenderaho muri iyi minsi yagize ikibazo cy’imvune

Rutahizamu APR FC irimo kugenderaho muri iyi minsi yagize ikibazo cy’imvune

Rutahizamu ukomeye benshi bemeza ko ari we mukinnyi mwiza APR FC yaguze Uyu mwaka yagize ikibazo cy’imvune.

Ku munsi wejo hashize ikipe ya APR FC yakomeje imyitozo yitegura umukino wa Super Cup uzayihuza n’ikipe ya Rayon Sports muri iyi wikendi tariki 12 Kanama 2023. Muri iyi myitozo abakinnyi ba APR FC ubona ko biteguye neza ndetse bakaniye cyane uyu mukino.

Mu myitozo ikipe ya APR FC yakoze ejo kuwa mbere rutahizamu Sharaf Eldin Shaiboub umunya-Sudan yagize ikibazo cy’imvune ariko ntiharamenyekana igihe uyu mukinnyi azamara cyangwa niba idakanganye cyane.

Tariki 12 Kanama 2023 umukino uzahuza ikipe ya Rayon Sports na APR FC, kugeza ubu amatike ageze kure agurwa nkuko bitangazwa na FERWAFA.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Buravan; Harabura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo umunsi wo kumwunamira ube

“Noneho barara batembera Amerika”: Yolo The Queen watwaye umutima wa Harmonize nyuma y’igihe adashotora abantu mu buryo bw’amafoto yaje abikora byikubye wagira ngo ari guhimana bitewe nibyo yahise yerekana -AMAFOTO