in

Rihanna na A$AP Rocky bibarutse imfura yabo

Umuhanzikazi Rihanna umaze igihe ari mu rukundo n’umuraperi A$AP Rocky byatangajwe ko yamaze kwibaruka umwana wabo wimfura.

Amakuru avuga ko Rihanna yibarutse ku itariki ya 13 Gicurasi, nyuma y’uko yaherukaga kugaragara mu ruhame ku itariki ya 9 Gicurasi.

Uyu muhanzi yabyaranye na A$AP Rocky uri mu baraperi bihagazeho muri Amerika, amakuru kandi akavuga ko Rihanna yabyariye mu Mujyi wa Los Angeles., uretse ko amazina y’umwana we atarajya hanze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru meza ku musifuzikazi Mukansanga Salima

Umutoza wa APR FC yatangaje amagambo akomeye kuri iyi kipe