Umutoza w’ikipe ya APR FC Adil Erradi Mohamed yatangaje ko ashobora gutandukana n’iyi kipe nyuma y’iyi season nibaramuka bamurekuye.
Ubwo uyu mutoza yabazwaga n’itangazamakuru nyuma yo gutsinda Rayon Sports yagize ati:”Mfite offer nyinshi ariko ikipe ya APR nishaka kundekura nzagenda”.
Amakuru ariko avuga ko uyu mutoza ashobora kuba yarumvikanye na APR FC ko batazakomezanya muri season itaha.