in

Rayon sport irimo kuririra mu myotsi bitewe nuwahoze ari umutoza wayo Manuel da silva

Nyuma y’uko ekipe ya Rayon Sport yirukanywe uwari umutoza wayo Manuel da Silva Paixão Santos n’abamwungirije.

Uyu mutoza yahise afata icyambere ajyanwa ikirego cye muri CAF ashinja iyi ekipe kuba yaramwirukanye we n’abamwungirije binyuranyije n’amategeko.

Kuri ubu urubanza yaregagamo Rayon Sport yatsinze binemezwa y’uko agomba kwishyurwa amafaranga angana na Miliyoni 42 we n’uwumwungirije Paulo Daniel Faria.

Gusa Rayon Sport yakomeje gutakamba ivuga ko ubu nta bushobozi buhagije ifite bwo kwishyura aba batoza.

Gusa urukiko rwasanze aba bagomba kwishyurwa amafaranga yabo nyagihindutse kuko basanze barirukanwe binyuranyije n’amategeko.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Dore cyusa disi acyiga primaire ku Ntwali “-Ifoto ya cyusa yo mu bwana ikomeje kuvugisha abatari bake

Mu mafoto: Dore uko byari byifashe mu mukino wahuzaga ikipe ya APR FC n’ikipe ya Police FC