in

Producer Knoxbeat yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we

Producer Knoxbeat wo muri Monster Records yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Akamikazi Bernice nyuma y’igihe amwambitse impeta y’urukundo.

Rocky yabaye parrain wa Knoxbeat

Knoxbeat yasezeraniye mu Murenge wa Nyakabanda ho mu mujyi wa Kigali kuri uyu wa Kane, tariki 25 Werurwe 2021.

Uyu musore usanzwe amenyerewe mu gutunganya indirimbo yari agaragiwe na Rocky Kimomo nka Parrain (uhagarariye umubyeyi wa Knoxbeat). Mu buryo butunguranye, Rocky uzwi cyane mu gusobanura filime yagaragaye inyuma y’umugeni yambaye ingofero.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa mwiza yajyanywe kwa muganga igitaraganya nyuma yo kumenya ko umusore wamwambitse impeta yikundira undi.

Umuhanzi Rudeboy yashimiye byimazeyo umugore we wamukunze atarabasha no kwigurira ipantaro.