in

Umukobwa mwiza yajyanywe kwa muganga igitaraganya nyuma yo kumenya ko umusore wamwambitse impeta yikundira undi.

Uyu mukobwa ukomoka muri Tanzania amaze iminsi arembeye mu bitaro nyuma yo kumenya ko umusore wamwambitse impeta y’urukundo, afite undi mukobwa akunda.

Dianna hari hashize ibyumweru bibiri yambitswe impeta ya fiyansaye n’umusore bari bamaranye imyaka 2 bari mu munyenga w’urukundo ndetse ngo biteguraga no kubana.Nyuma yuko uyu mukobwa bamwambitse impeta ngo yaje kumenya ko hari undi mukobwa uyu musore bakundana yambitse impeta wari uturutse i Burayi.

Uyu mukobwa yajyanwe kwa muganga yarembye.

Uyu mukobwa akimenya aya makuru ngo yahise afatwa n’uburwayi ahita ajyanwa igitaganya mu bitaro biri mu mujyi wa Dar Salaam.Amakuru avuga ko uyu musore yambitse impeta umukobwa waturutse Belgique waje ashaka ko basezerana agashakira ibyangombwa uyu muhungu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana w’imyaka 15 wavukanye umutwe munini bidasanzwe atunguye abantu|Bashatse kumujugunya akivuka|Inzozi ze.

Producer Knoxbeat yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we