in

Perezida wa Rayon Sports yasabye Perezida wa FERWAFA ikintu kimwe gusa mbere yo guhura na mucyeba APR FC

Kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Ukuboza 2022 nibwo ikipe ya Rayon Sport yakoze umuhango wo gutaha ikibuga gishya cya Nzove banerekana ikipe y’abagore ya Rayon Sport.

Muri uyu muhango wo gufungura ikibuga gishya cya Nzove ku bufatanye na Skol nk’umufatanyabikorwa wayo, Perezida wa Rayon Sports yasabye ku mugaragaro Perezida wa FERWAFA ko yazabafasha gusifurirwa neza kuri Match bitegura guhuramo na APR FC mucyeba wabo.

Ni umukino uzahuza izi kipe zombi zihora zihanganye, muri iyi weekend muri ku munsi wa 14 wa Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Chiffa wakundanaga na Yvan Buravan yongeye kwemeza abantu nyuma y’amafoto ye yashyize hanze

Videwo: Ihere ijisho ubwiza ndetse n’ubunini bw’ikibuga cya Nzove ikipe ya Rayon Sports yatashye kuri uyu wa Kabiri