in ,

Pep Guardiola yahishuye impamvu yanze kujya gutoza ikipe ya Real Madrid mu gihe yamwifuzaga bikomeye

Mu kwezi kwa mbere uyu mwaka nibwo Zinedine Zidane yahawe akazi ko gutoza ikipe ya Real Madrid gusa ngo president wa Real Madrid ariwe Florentino Perez yifuzaga ko Pep Guardiola ariwe usimbura Rafael Benitez gusa ariko ngo uyu mugabo yamuhakanaye yivuye inyuma.

Image result

Kuwa gatanu w’icyumweru gishize Guardiola akaba yarabajijwe impamvu yanze gutoza ikipe ya Real Madrid maze niko gusubiza agira ati :”Ndi umufana wa Fc Barcelone, sintekereza ko Real Madrid ikeneye umutoza nkanjye ikindi kandi mbona gutoza Real Madrid bitampira nabusa.

 

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

SuperSexy ati :”Uwo nambarira ubusa ajye apfuka amaso”

Biratangaje: Amagambo Messi yavuze ku ikipe ya Real Madrid na Cristiano ntabwo asanzwe