in

Nyuma y’igihe kirekire Sandrine na Arthur bagiye kongera guhura batwike ibyo abafana babo b’ishimiye

Aba bombi bigeze gukorana mu kiganiro cya mugitondo cya aga kuri kiss fm ubu bagiye kongera gukorana ubwo bazaba ari a asangiza b’amagambo(Mc) mu gikorwa cyo gutanga ibihembo kizwi nka kiss summer award.

Ibi bihembo bitangwa buri mwaka bigatangwa na Radio ya kiss fm bigatangwa kuya 30, Ukwakira 2022 biteganyijwe ko izahemba mu byiciro bitandukanye.

Aho bazahemba indirimbo yabaye I y’umwaka bazahemba umuhanzi w’umwaka mu bagabo, Umuhanzikazi w’umwaka mu bagore,Umuhanzi witwaye neza ukizamuka, ndetse bakazanahemba, album yakunzwe muri uyu mwaka.

Muri ibi bihembo hazahembwa n’umuporoducer wahize abandi iki gikorwa gukurikira n’abatari bake biteganyijwe ko kizanyura kuri KC2 I mbona nkubone.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore urutonde rw’ ibihugu 5 bifite umubare munini w’ abantu banduye agakoko gatera SIDA

KNC yatangaje amagambo yashimishije abakunzi ba Rayon Sports gusa abakunzi b’andi makipe yabarakaje