in

Ntiyaba wenyine ngo ni Amavubi: Umutoza w’Amavubi agiye kuzana umugore we i Nyarugenge kuko azahamara igihe kinini

Ntiyaba wenyine ngo ni Amavubi: Umutoza w’Amavubi agiye kuzana umugore we i Nyarugenge.

Akimara guhabwa akazi mu ikipe y’igihugu Amavubi, Umutoza Frank Torsten agiye kuzana umuryango we i Kigali.

Frank Torsten uherutse kugirwa umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, yavuze ko agiye kuzana umugore we i Kigali kuko azahamara igihe kinini.

Frank ni we ugiye gutoza Amavubi aho ategerejweho kuyajyana mu gikombe cy’isi.

Report

What do you think?

2.8k Points
Upvote Downvote

Written by OLIVIER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza watuvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rafael York ntazitabira ubutumire bw’ikipe y’igihugu, kubera iki?

Genda Rwanda uri nziza: U Rwanda rwakiriye umunyamahanga wiyemeje kuba umunyarwandakazi [AMAFOTO]