in

Ntimukandukeho”,”Kuki uwo Yesu ataza akabatuburira”amagambo akomeye Shaddy Boo abwiye abakunzi be.

Mbabazi Chadia wamamaye mu izina rya Shaddy Boo yambwiye amagambo akomeye abakunzi be ndetse anababwira ko atari Yesu.

Mu gitondo cy’uyu munsi kuwa 19 Ukwakira 2022 ubwo Shaddy Boo yarari “live” kuri Instagram ye ikurikirwa n’abarenga millioni 1, Shaddy yambwiye amagambo akomeye abakunzi be, Shaddy Boo yagize ati:”Ndabizi ko munkunda n’ubwo muba mwijijisha munyoherereza ibintu by’ibirutsi”.Ibyo Shaddy Boo yabibwiraga abakunzi be ubwo bagendaga bamushinza ubusinzi ndetse no muri icyo gitondo yarari kuri “live” ari kunywa ikinyobwa yabwiye abakunzi be ko ari tangawizi.

Shaddy Boo yakomeje asaba abakunzi be  kuzamubwira ikintu bamukundira ndetse akomoza ku bantu bajya bamusaba bitwaje ko babyaye hano Shaddy Boo yagize:”Ntago nshobora kubafasha,sindi Yesu kandi mwirirwa musenga za bikiramariya n’umusaraba,sindi Yesu kuberiki uwo Yesu ataza akabatuburira”.

Mbabazi yakomeje abwira abakunzi be ko nawe yaciye mu buzima bukomeye akiri muto ngo nabo bazahaguruke bakore bagifite amaboko n’amagure Chadia kandi yabwira abakunzi be ko nawe bamuhaye urw’amenyo,arongera ati:”sindi kumva impamvu muhora muteze amaboko”.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Felix
Felix
1 year ago

Ikintu nkundira Jesus ntabwo arakara ubusa buriya agiye kumwegera vuba mu minsi iri imbere mushiki wacu azaba yahinduye imvugo atuje kandi yishimye cyane.

Ubwiza bw’umukobwa wo muri Philippines ukora mu ndege yavugishije amagambo menshi Reagan wahise amukunda akimubona

Benzema yasobanuye impamvu akina yaziritse intoki ze n’umukeba wabimuteye