in

Ntawushimwa na bose: Ibyakozwe na rutahizamu mushya wa APR FC wanyagiye Marine byagizwe zeru

Burya koko ntawushimwa na bose: Ibyakozwe na rutahizamu mushya wa APR FC wanyagiye Marine byagizwe zeru.

Rutahizamu mushya w’ikipe y’Ingabo z’Igihugu nyuma yo gutsinda ibitego bitatu wenyine ikipe ya Marine FC bamwe mu bantu bashobora kuba ari abakunzi b’ikipe ya Rayon Sports bamwibasiye cyane batangaza ko ibyo yakoze ntabirenze birimo kuko n’ubundi atari ubwa mbere iyi kipe inyagiye Marine.

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza kuri rutahizamu mushya wa APR FC witwa Boama watsinze ibitego bitatu ikipe ya Marine:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Mbega Umukobwa usa na se” Umuhanzikazi Babo yifashishije ifoto ahagaze hagati y’ababyeyi be yabatakagije gusa abantu batunguwe n’ukuntu papa we ari muremure hafi kureshya na Dj Pius [AMAFOTO]

Nubwo yaba akiri muto cyangwa ashaje gute, buri mukobwa wese akunda ibikinisho byoroshye cyane cyane ibipupe (Menya impamvu)