in ,

Ntaguca kuruhande umuhanzi The Ben mbere yo gusezerana na Miss Uwicyeza Pamella yeruye avuga ikintu uyu mukobwa afite cyamukuruye kugezaho yiyegurira umutima we wose

Ntaguca kuruhande umuhanzi The Ben mbere yo gusezerana na Miss Uwicyeza Pamella yeruye avuga ikintu uyu mukobwa afite cyamukuruye kugezaho yiyegurira umutima we wose.

Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye cyane ku izina rya The Ben ubwo yari mu kiganiro kuri radiyo ya Kiss FM iri muzikunzwe cyane hano mu Rwanda yatangaje ko ikintu cyamukuruye kigatuma akunda Pamella urukundo ruzira uburyarya ari ubwitonzi bw’uyu mwari ufite uburanga burangaza abarebyi.

Miss Uwicyeza Pamella ugiye kurushinga na The Ben azwiho kugira uburanga burangaza abarebyi kandi ubukwe bwaba bombi buraba uyu munsi tariki 15 Ukuboza 2023.

 

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo witwa Nizeyimana Mustafa yagiye kwiyahura kubera ko umugore we amuca inyuma agira Imana ntiyapfa none umugore yahise amwirukana mu nzu 

Inkuru nziza, Leta yumvise ubusabe bw’Abanyarwanda yongera amasaha utubari n’ibindi bikorwa bizajya bifungirwaho bivuye ku gufunga Saa saba