Mu kajipo kagufi kerekana amatako yose, dore Imiterere n’uburanga by’umukobwa bivugwa ko ari mu rukundo rw’ikibatsi na Dogiteri Nsabi [AMAFOTO[
Umunyarwenya Dogiteri Nsabi ni kenshi byagiye byumvikana ko ashobora kuba ari mu rukundo n’umukobwa w’umurundikazi bakunze gukinana witwa Pelly.
Gusa n’ubwo Nsabi yakomeje kugenda abibazwa yakomeje kuraza inyanza abanya makuru ndetse nti yigeze abihakana cg ngo abyemere.




