in

Ntago yisondetse pee: Mu kajipo kagufi kerekana amatako yose, dore Imiterere n’uburanga by’umukobwa bivugwa ko ari mu rukundo rw’ikibatsi na Dogiteri Nsabi [AMAFOTO[

Mu kajipo kagufi kerekana amatako yose, dore Imiterere n’uburanga by’umukobwa bivugwa ko ari mu rukundo rw’ikibatsi na Dogiteri Nsabi [AMAFOTO[

Umunyarwenya Dogiteri Nsabi ni kenshi byagiye byumvikana ko ashobora kuba ari mu rukundo n’umukobwa w’umurundikazi bakunze gukinana witwa Pelly.

Gusa n’ubwo Nsabi yakomeje kugenda abibazwa yakomeje kuraza inyanza abanya makuru ndetse nti yigeze abihakana cg ngo abyemere.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Harimo uwatsinze 7 wenyine ! Nigeria yatsinze imwe mu makipe byabanaga mu itsinda ibitego 16 ku busa (16:0)

NESA yatangaje igihe abanyeshuri bo muri S1 na S4 bazatangira ishuri bitandukanye nk’uko byakorwaga mu myaka yashize