in

NESA yatangaje igihe abanyeshuri bo muri S1 na S4 bazatangira ishuri bitandukanye nk’uko byakorwaga mu myaka yashize

NESA yatangaje igihe abanyeshuri bo muri S1 na S4 bazatangira ishuri bitandukanye nk’uko byakorwaga mu myaka yashize.

Mu myaka yashize abanyeshuri ba S1 na S4 batangiraga ishuri nyuma y’abandi ho icyumweru kimwe cyangwa bibiri abandi batangiye.

Kuri ubu Nesa ivuga ko ibyo bitazongera kubaho, biteganyijwe ko abo banyeshuri ba S1 na S4 bazatangira ishuri rimwe na bagenzi babo biga mu yindi myaka y’amashuri.

Ibi Nesa yabitangaje kuri KT Radio mu kiganiro ‘Ubyumva ute?’cyagarukaka ku bijyanye n’itangira ry’amashuri mu mwaka wa 2023 – 2024.

Biteganyijwe ko abanyeshuri bazatangira igihembwe cya mbere ku wa 25 Nzeri 2023.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Mbarusha
Mbarusha
8 months ago

Ariko inkuru zanyu ko ziba zituzuye nukubera iki?

Ntago yisondetse pee: Mu kajipo kagufi kerekana amatako yose, dore Imiterere n’uburanga by’umukobwa bivugwa ko ari mu rukundo rw’ikibatsi na Dogiteri Nsabi [AMAFOTO[

KNC yashinyaguriye APR FC izakina n’ikipe y’ubukombe muri Afurika ayizeze ibisa nko guhekenya amagufwa