in

Nibo banyarwenya nyarwanda bonyine bakina filime zisekeje mu ndimi ishenu zitandukanye

Itsinda ry’abakinnyi ba filime nyarwanda ndetse n’izisekeje (comedy) biyise Mubirigi bakomoka mu karere ka Rubavu bafite intego yo kuzana udushya muri cinema nyarwanda.

Mu kiganiro twagiranye niritsinda ryiyise Mubirigi batubwiye bwinshi biberekeyo bahereye ko aribo bakinyi ba filime bonyine mu Rwanda bakina mu ndimi ishanu zitandukanye arizo igifaransa,igiswahili,icyongereza,ikigande ndetse n’igisomariya.

Iri tsinda Mubirigi ryatangiye rikina ikinamico hagati mu baturage,mu bigo by’amashuri n’ahandi batumiwe ndetse bakajya batwara n’ibihembo noneho nyuma bakaza kujya mu mwuga wo gukina filime.

Aba basore n’inkumi bakoresha izina ry’itsinda ryabo Mubirigi hose nkumbugankoranyambaga bavuga kandi ko bafite intego zo kugera kure muri filime na komedi,gukosora amakosa akorwa n’abahanzi bakazamura filime nyarwanda,gushyira ikinyuranyo hagati yabo n’abandi bahanzi ndetse no gutunga amafaranga menshi nk’inzozi za buri wese.

Unyuze hano wanona Comedy zabo:

 

 

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arabona iminsi itava aho iri! Ronaldinho Gaúcho afite ubwira bwo kuza i Kigali gukinira muri sitade Amahoro yagizwe nshya muri byose

Ibibazo biragwira iki cyo Yago cyamubijije ibyuya! Umwana witwa Fabrice yabajije Yago ikibazo cyatumye abantu bamenya ukuri batari bazi -AMASHUSHO