Abakinnyi bakunda guhusha izamu kandi ari abahanga
Mu busanzwe umupira w’amaguru ni umukino ukinwa n’abantu bafite impano igaragara kuva mu buto bw’umwana kugeza agize amahirwe yo kubasha kwigaragaza akaba yakwiyereka isi mu rwego mpuzamahanga,gusa nk’uko benshi dukunda  kubibona hari abakinnyi bakandagira mu kibuga ukababonamo impano ya ruhago hari n’abandi bashidikanyawaho mu mikinire yabo.
Muri iyi nkuru tukaba twabakusanyirije abakinnyi abenshi bakina hagati mu kibuga,nubwo bwose bazwiho ubuhanga ariko mubyerekeye kuboneza mw’izamu impuzandengo y’amashoti bashota mu izamu yerekana ko inshuro baboneza mu izamu arinke cyane bitewe n’uburyo bwose baba bagerageje cyangwa babonye.
1.Andre Schurrle
Andre Schurrle ukinira ikipe ya Dortmund mu mashoti 11 yambere atera ahagana mu izamu nta narimwe ryerekeza mu izamu.
2.Oscar JuniorÂ
Oscar junior ukinira ikipe ya Chelsea mu mashoti 11 yambere atera ahagana mu izamu nta narimwe ryerekeza mu izamu.
3.Yannick Ferreira Carrasco
Yannick Ferreira Carrasco ukinira ikipe ya Atletico Madrid mu mashoti 11 yambere atera ahagana mu izamu nta narimwe ryerekeza mu izamu.
4.Dimitri Payet
Dimitri Payet ukinira ikipe ya West ham mu mashoti 12 yambere atera ahagana mu izamu nta narimwe ryerekeza mu izamu.
5.Daniel Sturridge
Daniel Sturridge ukinira ikipe ya liverpool mu mashoti 12 yambere atera ahagana mu izamu nta narimwe ryerekeza mu izamu.
6.Antonio Candreva
Antonio Candreva ukinira ikipe ya Inter Milan mu mashoti 12 yambere atera ahagana mu izamu nta narimwe ryerekeza mu izamu.
7.Paul Pogba
paul pogba ukinira ikipe ya Manchester united  mu mashoti 13 yambere atera ahagana mu izamu nta narimwe ryerekeza mu izamu.
8.Radja Naingglan
Radja Nainggolan ukinira ikipe ya As Roma mu mashoti 13 yambere atera ahagana mu izamu nta narimwe ryerekeza mu izamu.
9.Angel Dimaria
Angel Dimari ukinira ikipe ya PSG mu mashoti 15 yambere atera ahagana mu izamu nta narimwe ryerekeza mu izamu.
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.
DisagreeAgree
I allow to create an account
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.