in

Ni we cyamamare uzaba ufite urusengero rwe bwite: Anita Pendo yasabwe gushinga urusengero rwe akarwita Pendo Church

Umunyamakuru akab n’umushyushyarugamba Anita Pendo yasabwe gushinga urusengero rwe akarwita Pendo Church.

Ibi yabisabwe na Pasiteri Antoine Rutayisire mu masengesho yo gusengera igihugu.

Mu masengesho yabaye ku munsi w’ejo hashize, Pendo yasabye Pasiteri Rutayisire kubwira abakirisitu kutajya bacira imanza abantu baba mu myidagaduro.

Mu kumusubiza, Rutayisire yasabye Pendo gushinga urusengero rwe maze akababera Pasiteri kugira ngo batazongera kumucira urubanza.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera koko! Umusore yakatiye umukobwa  amubwira ko ari mubi umukobwa aramutakambira cyane ariko umusore aranga none bongeye guhura nyuma y’imyaka 2 – Amafoto

Agezweho muri Siporo: Umukinnyi wa Police FC yatsinze igitego cyatumye umutoza mushya w’Amavubi ayamanika -AMASHUSHO