in ,

Ngubu ubusobanuro bwo gusoma ku bice bitandukanye by’umubiri {Kisses}

1.French Kiss: Ubu ni uburyo bwogusomana bwabazanywe n’abafaransac yane, Ni uburyo bwo gusomana bahererekanya ururimi ndetse iminwa ifunguye cyane, Ubu buryo ababukoresha cyane birangira habayeho kuryamana cyane kuko bwihutisha cyane ibyishimo n’ibyiyumviro kumpande zombi.

2.Forehead Kiss {Ku gahanga}: Ubu ni uburyo bwogusomana bukunze gukoreshwa n’ingeri zose z’abantu, Kuko budakoreshwa n’abakundana gusa, Ahubwo buriwese ufite uwo yishimira ashobora kubukoresha nk’Umubyeyi kumwana we,Umukoresha n’umukozi we ndetse n’abandi batandukanye, Gusoma umuntu kugahanga bisobanura kuba umwishimira cyane kandi umufata nk’ingenzi mu buzima bwawe.

3.Neck Kiss {Ku ijosi}: Ubu ni uburyo bwo gusomana bukunze gukoreshwa n’abantu bari mu rukundo bimwe by’imbere mbese cyane kandi bazigukora urukundoc yane, Gusomana kuijosi byazanwe n‘abanyamerika, Gusoma umuntu kuIjosi bisobanura ko uba umusaba cyangwa umwifuzaho ibindi byishimo birenze ibyo, Ari nayo mpamvu abakoresha ubu buryo nabo badakunze koroherewa no kwihanganira kutaryamana.

4.Hand Kiss{Ku kiganza}: Ubu ni uburyo bukoreshwa n’abantu bose, Atari abakundana gusa, Kuko bisobanura kubaha umuntu, Bityo bushobora gukoreshwa n’abantu bose bubahana cyane n’ikimenyetso kibishimangira.

5.Genital Kiss: Ubu buryo bwo gusomana ntaho butandukanira no gukora imibonano mpuzabitsina kuko bushingiye ku gusoma imyanya y’ibanga ndetse akenshi bukinjiza buri wese mu bushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, Ubu Genitor Kiss yazankwe n’abanyamerika ndetse igenda imenyekanira muri Film z’urukozasoni zizwi nka {Prono} Genitor Kiss isobanura ubushake bwo kwishimisha binyuze mu mibonano mpuzabitsina.

6.Shoulder Kiss: Ubu ni uburyo bwo gusomana ku rutugu, Ndetse akenshi iyo bikozwe umwe aturutse inyuma bisobanura gusaba akanya ko gusomana byimbitse, Ari nayo mpamvu bukoreshwa cyane n’abakundana ndetse n’umugabo ‘umugorebasanzwe babana, Ni uburyo bazanywe n’abafaransa

7.Nose Kiss {Ku izuru} : Ubu ni uburyo bwo gusomana ku gice cy’umubiri kizwi nk’izuru, Aha bishobora gukorwa mu buryo bubiri, Gukoresha umuwa ugasoma izuru rya mugenzi wawe cyangwa ugakuba izuru ryawe kurye, Ubu buryo ntibukoreshwa n’abakundana gusa kuko hamwe na hamwe babukoresha nko gusuhuzanye ari nacyo Nose Kiss isobanura.

8.Angel Kiss: Ubu ni uburyo bwo gumona busobanuye byinshi cyane, Ariko ni uburyo bwo kugaragariza amarangamutima mugengenzi wawe aho umusoma ku ku ngohi  akenshi nk’iyo amaze kurira, Ubu buryo burihariye kuko budakunze gukoreshwa henshi, Ariko muri rusange busobanura urukundo ruhambaye ndetse rufite intego.

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Jason Derulo yongeye gushitura Igitsinagore kubera amafoto yashyize hanze

Hamenyekanye icyazitiye umutoza w’Amavubi guhamagara Mugunga Yves wa APR FC