in

“Ndumva imeze nk’inkoko ikaranze cg ifi” ku nshuro ya mbere abakobwa bariye ibikeri gusa bavuze ko ntaho bitaniye n’ifi cg inkoko bikaranze (Video) https://wp.me/p7ovfz-1dae

“Ndumva imeze nk’inkoko ikaranze cg ifi” ku nshuro ya mbere abakobwa bariye ibikeri gusa bavuze ko ntaho bitaniye n’ifi cg inkoko bikaranze (Video)

Ni Amashusho yasakaye y’abakobwa bo muri Nigeria bari bizihiwe no kurya ibikeri bikaranze dore ko ngo byari biryoshye kuruta ifi cg inkoko nkuko babivugaga mu gihe bari bari kurya ibi bikeri.

Mu bihugu bimwe na bumwe usanga ibyo bamwe bita ibitaribwa ari imari muri ibyo twavuga nk’inzoka ibikeri, imiserebanya n’ibindi.

Nubwo ibyo twe mu Rwanda tutabirya gusa mu bihugu byinshi byo muri Afurika biba ari akaboga kd gakunzwe dore ko no mu gihugu cy’abaturanyi muri Congo hari bamwe barya inzoka n’ibikeri nta nkomyi.

Reba Video hasi uko Abakobwa baryaga ibikeri bikaranze bishimye. 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Basaga nk’abiremye: Mu Mafoto akeye ihere ijisho abakobwa b’uburanga bari bambariye Muyango mu bukwe bwe [AMAFOTO]

Amafoto: Menya byinshi ku bukwe bwa Sadio Mané waciye abantu murihumye akirongorera umugore w’ikizungerezi