in

Amafoto: Menya byinshi ku bukwe bwa Sadio Mané waciye abantu murihumye akirongorera umugore w’ikizungerezi

ku munsi wejo hashi tariki 7 Mutarama 2024 nibwo hagiye amakuru hanze yuko umukinnyi w’imyaka 31 y’amavuko, wakiniye amakipe nka
Red Bull Salzburg,
Southampton , Liverpool na Bayern Munich ubu akaba akinira Al Nassr ndetse n’ikipe y’igihugu ya Senegal Bakunda gutazira ” the Teranga Lions star” yakoze ubukwe mwibanga. Sadio Mané wavunzwe mu Rukundo n’Abakobwa batandukanye harimo n’umunyarwandakazi Kate Bashabe ndetse yavuzwe murukundo n’umunyamakuru w’imikino ukorera ikinyamakuru cya Sky sports witwa Reddy Melissa.

Ubu bukwe bwabereye mu gihugu cya Senegal munzu iherereye mu murwa mukuru wa Dakar yitwa Keur Massar, uyu musore udakunze gushyira hanze ubuzima bwe bwite yashakanye n’umukunzi we Aisha Tamba bigoranye ku mubonaho amakuru yaho akomoka cyangwa nicyo akora mu buzima bwe bwaburi munsi.

Sadio Mané yakoze ubukwe habura iminsi 6 gusa ngo igikombe cya Afurika gitangire.

Amafoto ya Aisha Tamba washakanye na Sadio Mané 

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndumva imeze nk’inkoko ikaranze cg ifi” ku nshuro ya mbere abakobwa bariye ibikeri gusa bavuze ko ntaho bitaniye n’ifi cg inkoko bikaranze (Video) https://wp.me/p7ovfz-1dae

Amateka yanditswe! APR FC yafashe Yanga Africans yo muri Tanzania iyitsinda nk’idahari Mbaoma yongera gushimangira ko ari rutahizamu udasanzwe