in

Ndagukunda cyane”amagambo ya Rutanga Eric yifuriza umugore we isabukuru y’amavuko.

Eric Rutanga n’umugore we, Wendy Sultan

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi akaba n’umukinnyi wa Police Fc Rutanga Eric yifurije umugore we isabukuru nziza y’amavuko.

Abinyunyijije ku rukuta rwe rwa Instagram rukurikirwa n’abarenga ibihumbi 44 Rutanga Eric yongeye gushimangira ko akunda umugore we Sultan, Rutanga Eric yagize ati:”Isabukuru nziza y’amavuko mugore wanjye w’igikundiro Sultan, ndagukunda cyane”.

Kur’ubu Rutanga Eric na Wendy Sultan bamaze kubyara umwana umwe w’umukobwa bise Isimbi Taaliah.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yatekeye umukunzi we ibiryo ashyiramo amaraso y’imihango ye kugira ngo amuhindure ikintu kibabaje

Uko byari bimeze mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko y’umugabo wa Bahavu Janet (Amafoto)