in

“Namwohereje iwabo kwitegura kunyerekana” Weseal yavuze Teta Sandra yaje mu Rwanda gutegura ubukwe bwe na we

Umuhanzi Weasel Manizo yavuze ko yohereje umugore we Teta Sandra mu Rwanda kugira ngo yitegure kuzanyerekana imbere y’ababyeyi be n’umuryango muri rusange.

Weseal Manizo ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Glaxy Fm aho yahakanye amakuru yose avuga ko yakubise umugore we Teta Sandra.

Weseal ku gusubiza ikibazo cyo guhohotera Teta Sandra yavuze ko ari ukumuharabika ko ari na yo mpamvu yahise akoresha Teta Sandra mu ndirimbo ye nshya yise “Selecta” kugira ngo yerekane ko abanye neza n’umugore we.

Abinyujije ku cyo kuba Teta Sandra yarasubiye mu Rwanda iwabo kubera guhohoterway, Weseal yavuze ko ibyo atari byo ko ukuri ari uko yohereje Teta Sandra mu Rwanda kugira ngo yitegure kuzanyerekana imbere y’ababyeyi be n’umuryango muri rusange.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yanga yashyinguwe mu cyubahiro aho abatari bake bashenguwe cyane n’uyu mugabo (Amafoto)

“Abana ntabwo bazasonza mpari” Junior Giti yihaye umukoro wo kuzita ku muryango wa mukuru we Yanga yasize