in

Na nyuma ya zero, Imana irakora! Andi makuru mashya ku mukinnyi Rainford byari byatangajwe ko yapfuye azize impanuka

Minisiteri y’ubuzima muri Zambiya itangaje ko abaganga bari kwita kuri Rainford Kalaba bavuze ko bitararangira, amerewe nabi, ari muri Koma, ariko ntarashyiramo umwuka.

Charlene Mkandawire, inshuti ye bari kumwe mu modoka bakora impanuka, yo byarangiye yamaze gupfa.

Mu masaha make ashije nibwo hari hasakaye amakuru avuga ko Kalaba wamenyekanye akinira TP Mazembe n’ikipe y’igihugu ya Zambiya yitabye Imana azize impanuka y’imodoka ikomeye yagiriye ku muhanda wa Kafue Lusaka, aho yahise ajyanwa mu bitaro bya University Teaching Hospital.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Rainford! Umukinnyi wamenyekanye cyane mu ikipe ya TP Mazembe yitabye Imana azize impanuka ubwo yari kumwe n’umukunzi we -Amafoto

FIBA yahagaritse ishyirahamwe rya Basketball mu Burundi nyuma yo kubuza Dynamo BBC kwambara ‘Vist Rwanda’