Imyidagaduro
Mwiseneza Josiane, umukobwa umaze iminsi avugisha benshi yeretse igihandure bagenzi be

Irushanwa ryo gushaka uzambara ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda rigeze ahakomeye, ubu abakobwa bose batangiye gushakisha amajwi y’ababashyigikiye binyuze mu itora ryo kuri SMS rizajya ritanga amahirwe agumisha abatsinze mu irushanwa.
Itora ryo kuri telefone ryatangiye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 19 Mutarama 2019, ku isaha ya saa mbiri, kugeza kanokanya Josiane arusha umukurikiye amajwi ibihumbi cumi nabitandatu (16.589)
Uyu musni rero nkuko bisanzwe , mbere y’uko abakobwa bagira ikindi bakora bazindukira muri siporo bagakomeza indi mirimo nyuma.
-
Hanze10 hours ago
Zari yiyamye abamwibasira kubera umugabo basigaye bakundana.
-
Imyidagaduro10 hours ago
Nabonye undi musore dukundana|Afite ikofi ni mwiza|Young Grace yashimagije umukunzi we.
-
inyigisho11 hours ago
Ngibi ibintu ukwiye kuzirikana niba ushaka kubyara umwana uzazana umunezero mu muryango.
-
Izindi nkuru4 hours ago
Wa mukobwa ushyigikiwe na Alkiba muri Miss Rwanda ahishuye aho bahuriye.
-
Izindi nkuru6 hours ago
Ronaldinho yavuze amagambo akomeye ku mubyeyi we witabye Imana.