in

“Mutubarire mu dutize amatwi”-Charly na Nina bashyize indirimbo nshya hanze

Nyuma y’imyaka 2 Charly na Nina badasohora indirimbo nshya ndetse ibintu benshi bagiye bavuga ko batandukanye gusa babihakanye ko bitaribyo.

Mu kiganiro n’umunyamakuru lucky , Charly na Nina bahishuye ko bafashe umwanya maze bagafata akaruhuko mu gihe cy’imyaka 2 maze bakagaruka mu gihe baruhutse neza.

Charly wavuzweho ko yabyaye yavuze ko ntabwo yakwihakana umugisha wo kugira umwana gusa amakuru yagiye hanze ko yabyaye ntabwo ariyo.

Kuri uyu munsi basohoye indirimbo nshya bise “lavender” yakoze na producer Element indirimbo bizeye ko izakundwa n’abafana  bari bakumbuye Charly na Nina.

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Afrique wakoze Agatunda yashyize hanze indi ndirimbo (video)

Uwariye akumuziki ntagarahara Charly na Nina bagarutse mu yindi sura Lavender. inkuru irambuye.