in

“Murera ishaka kuzajya itsinda ya kipe bitandatu”: Rayon Sports mu buryo butunguranye yerekanye rutahizamu wayo mushya ufite igihagararo nk’icy’umugabo witwa Goriyati wanatumye abantu batsa imiriro nyuma yo kumva aho aturutse -AMAFOTO

“Murera ishaka kuzajya itsinda ya kipe bitandatu”: Rayon Sports mu buryo butunguranye yerekanye rutahizamu wayo mushya ufite igihagararo nk’icy’umugabo witwa Goriyati wanatumye abantu batsa imiriro nyuma yo kumva aho aturutse.

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bubinyujije ku mbuga nkoranyambaga z’iyi kipe bwerekanye rutahizamu mushya w’umunya Côte D’Ivoire witwa Gnamien Mohaye Yvan akaba ari rutahizamu umwaka ushize wakiniraga ikipe ya Stars Olympic Football Club D’Abobo yo mu cyiciro cya mbere iwabo.

Amafoto ya rutahizamu mushya wa Rayon Sports wageze i Kigali aje gusinyira iyi kipe y’ubukombe mu Rwanda:

Bimwe mu bintu abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona uyu rutahizamu mushya wa Murera:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu kiniga n’agahinda ku maso mushiki wa Yvan Buravan yavuze byinshi yigiye kuri musaza we bimuyobora mu nzira nziza

Nawe ibi byaguhindura: Tom Close yongeye gutuma abari baritakarije icyizere basubirana imbaraga kubera ibyo yatangaje bigakora ku mutima ya benshi