“Murera ishaka kuzajya itsinda ya kipe bitandatu”: Rayon Sports mu buryo butunguranye yerekanye rutahizamu wayo mushya ufite igihagararo nk’icy’umugabo witwa Goriyati wanatumye abantu batsa imiriro nyuma yo kumva aho aturutse.
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bubinyujije ku mbuga nkoranyambaga z’iyi kipe bwerekanye rutahizamu mushya w’umunya Côte D’Ivoire witwa Gnamien Mohaye Yvan akaba ari rutahizamu umwaka ushize wakiniraga ikipe ya Stars Olympic Football Club D’Abobo yo mu cyiciro cya mbere iwabo.
Amafoto ya rutahizamu mushya wa Rayon Sports wageze i Kigali aje gusinyira iyi kipe y’ubukombe mu Rwanda:



Bimwe mu bintu abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona uyu rutahizamu mushya wa Murera: