in

Mukansanga Salima uherutse kugura imodoka akayabo k’amamiliyoni menshi, yanze gusifura umukino wa Marines FC na Bugesera FC

Umusifuzi Mpuzamahanga, Mukansanga Salima Rhadia uherutse kugura imodoka akayabo ka miliyari 46Frw, ntagisifuye umukino w’umunsi wa 26 wa shampiyona uzahuza Marines FC na Bugesera FC.

Biteganyijwe ko uyu mukino uzaba ku wa Gatanu tariki ya 5 Mata kuri Stade Umuganda Saa Cyenda z’amanywa.

Amakuru atugeraho yemeza ko Mukansanga Salima ariwe ubwe wanze gusifura uyu mukino avuga ko afite urugendo kuri uyu munsi w’umukino.

Ubu hakaba hari gushakwa undi musifuzi uzasifura uyu mukino kuko yaguwaguwe ngo awusifure ariko ahite agenda.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kwitwara neza kw’ikipe y’igihugu Amavubi mu mikino ya gicuti, byatumwe izamuka ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA

Abakinnyi bajya bamurangarira kubera ubwiza bwe! Umusifuzi Akhona Makalima uzwiho kugira ikimero n’ubwiza bihebuje ategerejwe mu bazasifura umukino wa Al Ahly na Simba SC – AMAFOTO