in

“Mugire vuba abanyerondo bataraza” Abaturage babyutse bakora urugomo bajya ku gipangu cy’undi muturage baragisenyagura kandi Leta itabibatumye – AMASHUSHO

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi habereye urugomo rudasanzwe aho abaturage basenyeye undi muturage.

Aba baturage bazindukiye ku gipangu cya mugenzi wabo, gicururizwamo akabari baragisenya bagishyira hasi.

Gusa uko byumvikana muri aya mashusho si Leta yari yabatumye nkuko byumvikanaga bavuga ngo bagire vuba Abanyerondo bataraza. Amashusho.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abagenda ndetse n’abatuye muri Kigali bakomeje gutangarira uburyo uyu murwa warimbishijwe muri iki gihe cy’iminsi mikuru [AMAFOTO] 

Amakipe irayamara : APR FC yatangiye kongeramo abakinnyi mw’ikipe