in

Miss wariye intabire n’amasinde akomeje gutangaza abatari bake (video)

Kayumba Darina umwe mu bakobwa bakomeje kuvugisha benshi kubera ubwiza bwe kandi akaba ari mu bahabwa amahirwe yo kwegukana irushanwa rya miss rwanda 2022.

Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Irene murindahabi yatunguye benshi ubwo yabazwaga nimba azi intabire nawe mu gusubiza yaranze igisubizo gitangaje ko ashobora kuba yarariye atabizi.

Benshi bakomeje gutangazwa nibyo uyu mwana muto yasubije dore ko ari mu bahabwa amahirwe yo kwegukana irushanwa kubera ubwiza bwe ndetse n’umushinga afite gusa ibijyanye n’umuco nyarwanda ntabwo azi neza .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ally
Ally
2 years ago

Ntimukabeshye ariko! Yavuze ko uayiriye atabizi cyangwa umunyamakuru niwe wabimubajije! Imyandikire yanyu iragayitse!

Biteye ubwoba! Umugore utwite n’abandi umunani bahiriye mu modoka. Photos

I Rwamagana: abanyeshuri benshi baje ku muhanda baje kwirebera #TdRwanda22 (Amafoto)