in

Miss Uwase Muyango wa Kimenyi Yves nyuma yo gushyira ku isoko Saloon yabo ubu yamaze gutangira undi mwuga mushya

Miss Uwase Muyango nyuma yo kugaragara mu gitaramo cy’abanyarwenya bagize itsinda rya Zuby Comedy baherutse gukora cyiswe iwacu Comedy, nyuma Muyango yaje gushimirwa n’abantu benshi kubera ukuntu yakiyoboye neza afatanyije na Clapton Kibonke.

Nyuma y’icyo gitaramo Miss Muyango yatangaje ko ibyo abantu babonye ari agatonyanga mu nyanja kuko yavuze ko agiye gukomeza gushaka aho yakomeza kuyobora ibitaramo bigiye bitandukanye.

Hadaciyeho iminsi mike uyu Muyango yahise abona ikindi kiraka cyo kuyobora igitaramo cyabereye muri imwe mu mahoteri akaze hano i Kigali yitwa Keza Hotel, ni igitaramo cyabaye mu ijoro ryashije aho abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram Muyango yahamagariraga abanyu kuza kwitabira icyo gitaramo.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tumenye n’inde mugore w’undi hagati Rayon Sports na Kiyovu sports mu mwaka 10 ishize

Kabaye nyuma yaho Sadio Mané ahuye n’imvune byemejwe ko azavurwa n’abapfumu mbere yo kwerekera muri Qatar mu gikombe cy’isi