in

Miss Albina aterwa agahinda n’abamwita indaya y’abazungu

Miss Albina Sydney Kirenga yamenyekanye nyuma yo kuba Miss Popular Elegance Rwanda 2016, akaba avugako ubusanzwe yikundira bantu batari ibikara ati: “Nkunda abantu binzobe cyangwa imibiri yombi ati byaba akarusho akaba ari umuzungu.”

Mu kiganiro yagiranye na Isimbi akaba yahishuye ko ikintu cyimubabaza cyane ndetse kikamutera agahinda, ari kuba abantu bakunda kumwita indaya y’abazungu.

Miss Albina uri mu rukundo n’umusore w’umuzungu akaba yagize ati :”Social Media kuri ubu nta muntu ugishyiramo imiyaga, umwanzi araza akagutuka atitangiriye.”

“Kubera nkunda kubyina, hari abanyita umumansuzi, kandi abamansuzi babita indaya, njye bakunda kunyita indaya y’abanzungu.” ibi nibyo yatangajeko bavuga bikamubabaza.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Muyango ari mu byishimo bisadasanzwe kubera impano yahawe n’umukunzi we Kimenyi

Video ya Shaddyboo ari kunyonga ikibuno yaciye ibintu kuri Snapchat