in

Menya uko wapima ibiro byawe kugirango umenye niba bihuye n’uburebure bwawe

Niba ushaka kumenya niba ibiro byawe bihuye n’uburebure bwawe bigenze gutya, ibusanzwe umuntu ufite ibiro bijyanye n’uburebure bwe agomba kuba afite 18.5 kugeza kuri 24.9,kugirango ubipime batubwira yuko ufata ibiro byawe wipimye ukabiteranya n’uburebure ufite bwikubye kabiri,uzahita umenya niba uri mu mubwibuho ukwiriye cyangwa se unanutse cyane bikeneye kuba wafata amafunguro atuma ugira umubyibuho mutoya.

Muri iki gihe hari abana babakobwa bifuza kuba abo bita bamaneke cyangwa se ngo nukugendana n’igihe bakiyicisha inzara,bakarya nabi, cyangwa bakarya ifunguro ritujuje ibisabwa kugirango bananuke bagire ku kigero bifuza kibahesha kuba bananutse uburyo bashakwamo kuri iy’isi,nyamara urimo urishyira mu byago niba ugiye kunanuka ukagera ku gipimo BMI utagomba kuba imeze,BMI mu ndimi z’amahanga ni Body Mass Index,akaba iriyo upima ukamenya niba ibiro byawe bihure n’uburebure bwawe,uko babipima nibyo twahereyeho tubabwira hejuru uburi kwiyishyira mu byago byo kuba uko utagakwiriye kuba umuze.

Niba ubishoboye uze kujya kwa muganga bashobora kubigufatira babipime umenye uko umeze kugirango ubashe kumenya niba wakwiyongera cyangwa se kuba wananuka kugirango ujyanishe n’ibiro byawe bijyanye n’ubuzima bwiza.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sepp Blatter wayoboye FIFA yemeye amakosa yakoze yo kwemerera Quatar kwakira igikombe cy’isi cya 2022

Ubwoba ni bwose! Kiyovu Sport yongeye kwishongora kuri Rayon sport fc