in ,

Mbega Murera urwego iba yashizeho ibintu! Benshi bakomeje gutangazwa n’amagambo yari yanditse ku mipira y’aba bakobwa beza baserutse ku munsi w’igikundiro

Mbega Murera urwe iba yashizeho ibintu! Benshi bakomeje gutangazwa n’amagambo yari yanditse ku mipira y’aba bakobwa beza baserutse ku munsi w’igikundiro

Umunsi w’igikundiro witabiriwe n’abantu benshi kandi b’ingeri zitandukanye, mubitabiriye hari higanjemo abakobwa b’ibizungerezi ndetse n’itsinda rya Kigali Boss Babes naryo ntiryahatanzwe.

Imipira aba bakobwa bari bambaye ntiyari yanditse amazina yabo cyangwa ngo izina ry’ikipe, ahubwo buri wese n’icyiciro cye, hari handitseho ngo “icyuki cya Rayon”.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yarakuze disi ubu ni inkumi: Umukobwa wa Diamond Platnumz yabyaranye n’umuherwekazi Zari Hassan bamwambitse ikanzu y’abageni ku isabukuru y’amavuko ye (Amafoto na Videwo)

Biteye isoni kuba umuntu utakiba mu Rwanda ari we uza agaha agaciro Makanyaga Abdul mu gihe abandi babana umunsi ku munsi bamuteshaga agaciro nk’aho adahari (menya intandaro y’ibi byose)