in

Kylian Mbappé akomeje kwica agakiza muri PSG, ubwoba ni bwose kubo bakorana.

Nkuko bikomeje gutangazwa mu bitangazamakuru byinshi byo mu burayi, ni uko amasezerano mashya Kylian Mbappé yasinye muri Paris Saint-Germain yamuhaye ububasha ntavogerwa muri iyi kipe.

Nyuma y’uko bivuzweko umutoza ndetse na Directeur sportif Leonaldo bazasohoka muri iyi kipe, ibi byose bikomeje kugaragazwako ari Mbappé wabigizemo uruhare rukomeye.

Ubungubu biravugwa kandi ko Dirécteur mushya Luis Campos nawe yashyizweho na Kylian Mbappé ndetse n’umutoza wenda kuza.

Gusa Kylian Mbappé aya makuru  yose akaba akomeje kuyahakana ndetse yemeza ko ntaruhare na rumwe afite muri ibi kuko nawe ari umukinnyi nk’abandi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: Umusore wagaragaye yicaye mu muhanda hagati akomeje kubabaza benshi(video)

Dj Sonia yacurangiye abantu umuziki mu gitaramo cyabereye mu modoka (video)