in

Kuri Twitter, Minister Johnston Busingye aremeye umusore aya Guma mu rugo

Nyakubahwa Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta y’U Rwanda, Johnston Busingye, yaremeye umusore amwoherereza amafaranga yo kugura agafuka k’umuceri. Ni nyuma yuko uyu musore witwa Rebakure yari abimusabye abinyujije kuri Twitter.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inyogosho nshya ya Neymar yateye benshi gucika ururondogoro.

Taramana na Cyusa muri IWACU MUZIKA FESTIVAL (Video)