in ,

Knowless yakoze ibirori by’akataraboneka byo kwishimira imfura ye (amafoto)

Nyuma y’igihe gisaga amezi abiri Knowless atangaje ku mugaragaro ko atwite imfura ye, ubu birasa naho igihe cyo kwibaruka cyageze kuko ejo bundi yakoze ikirori kizwi nka Baby Shower gikorwa mbere ho igihe gito ko umubyeyi yibaruka.

Knowless rero akaba yari kumwe n’inshut ze zitandukanye zari zamuzaniye impano zitandukanye zijyanye n’uwo munsi mukuru. Knowless akaba muri uwo munsi mukuru yongeye gushimangira ko azabyara umwana w’umukobwa ndetse anongeraho ko azarabya vubaha cyane.

baby1

baby2

baby3

baby4

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Hakim
Hakim
7 years ago

Kubura Imana ni ikintu kibi cyane, wowe nawe se, umuntu akoze ibirori by’umwana utaravuka, azi neza ko Imana yamwandikiye kuzavuka?

Hari inda zanga kwinjira
Hari iziviramo amezi:1,2,3,4,5,6,7,8,8.9
Hari izipfa nako zipfa zikivuka,
Hari n’izibaho nyuma yo kuvuka iminsi mike, itatu kugera kubyumweru bibiri,

Nkaho umuntu yasabye Imana ibyiza no kuzabyara neza, ari kwibonekeza…

Ikindi Faites nk’izo zakabaye zikorwa n’abakene basaba inkunga y’ibyo bazahekamo umwana!

Mbega abanyamugi!

Hakim
Hakim
7 years ago

Ngayo nguko

Umva amateka akomeye utigeze wumva mu matwi yawe (+VIDEO)

Umwe mu bakobwa bakunzwe cyane mu Rwanda yakojejwe isoni no kwambara mini ikabije imbere y’abantu (video)