in

Kenny Sol muri Ethiopia yahakuye igikombe gifite amateka akomeye, akaba ariwe munyarwanda wambere ubashije ku bikora (AMAFOTO) https://wp.me/p7ovfz-1cU6

Kenny Sol muri Ethiopia yahakuye igikombe gifite amateka akomeye akaba ariwe munyarwanda wambere ubashije ku bikora (AMAFOTO)

Kenny Sol yegukanye igikombe cy’umuhanzi w’umunyarwanda ufite Indirimbo zikunzwe muri Ethiopia “East African Super Star” mu byatanzwe muri Oda Awards.

Mu ijambo rye, yashimye Ikipe Ngari imufasha mu muziki, cyane cyane Producer Element.

Yavuze ko Indirimbo ze zirimo ‘Jolie’ na ‘One More Time” yakoranye na Harmonize zikunzwe cyane muri Ethiopia ari nazo zamuhesheje iki gikombe.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakipe igiye kuzajya iyahana ubutitsa! Rayon Sports yacunze abantu baryamye izana rutahizamu mushya w’imyaka itari mike ufite igihagararo nk’icya Goriyati -AMAFOTO

Polisi y’u Rwanda yahaye gasopo abanyonzi bigize intumva bagakora ibinyuranye n’amategeko