in

Kabaye: Umutoza wa APR FC ari mu mazi abira kubera ibintu bitari byiza ari gushinjwa 

Kabaye: Umutoza wa APR FC ari mu mazi abira kubera ibintu bitari byiza ari gushinjwa.

Umutoza mushya w’ikipe ya APR FC Thierry Froger nyuma yo kugaragaraza urwego ruri hasi byatangiye kuvugwa ko ashobora gusezererwa n’iyi kipe y’ubukombe mu Rwanda akaba yasimburwa n’umutoza w’ikipe ya Mukura Victory Sports.

Umufaransa Thierry Froger kuva yagera mu ikipe ya APR FC yagaragaje urwego ruri hasi cyane biba akarusho ubwo yandagazwaga n’ikipe ya Rayon Sports kuri Super Cup.

Uyu mugabo watangiye gushindikanyaho na bamwe mu bakunzi ba APR FC ndetse n’abantu bareba ruhago yo mu Rwanda hari amakuru avuga ko n’abakinnyi ubwabo bashidikanya kubushobozi bwe kubera imyitozo abaha iri hasi.

 

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rurangiranwa muri muzika Nyafurika, Davido yageze i Kigali

Yari impanuka ki ko yari akaga! Habereye impanuka iteye ubwoba y’ubwato bwari buhetse abantu barenga 300