Mu mikino olympique iri kubera i Rio,ab’inkwakuzi bahandikiye amateka,abandi bari kuhasiga inkuru zidasanzwe.
Iyi nshuro mu masiganwa y’abari n’abategarugori basiganwaga ibirometero 42.umunyarwandakazi Mukasakindi claudette witabiriye aya masiganwa nawe akaba yahatanye kugeza aho mubantu 157 bahatanye habashije kurangiza 133.
Uduhagarariye muri ayo marushanwa rero ariwe MUKASAKINDI Claudette akaba yabashije kwegukana umwanya w’i 126 mu bantu 133.
Akaba nawe atitwaye neza nkuko byumvikana,gusa akaba byibuze yagerageje kurangiza.